in ,

CHARLY na NINA bamurikiye abanyarwanda indirimbo nshya ifite ubwiza burenze INDORO indirimbo yabo yambere yakunzwe mu Rwanda : (REBA VIDEO )

 Charly na Nina itsinda ry’abakobwa babiri babahanzi , aba bakobwa bamamaye cyane mu ndirimbo indoro bakoranye na Big Fizzo iyi ndiirim,bo yageze aho abantu batateganyaga dore ko ariyo ndirimbo yinyarwanda yagize icyo twakwita cover ariko aba bakobwa bashyize hanze indirimbo yindi yirwa  “ GATEGE “ bityop baratagaza ko iyi nayo bashaka kuyigeza kure hashoboka

1462713416_1

Kuri uyu wambere taliki ya 20 Kamena 2016, Charly & Nina nibwo yageze hanze  ku mugaragaro kuburyo buri wese yayibona bitamugoye , amashusho y’indirimbo yabo bise “AGATEGE” yari imaze ukwezi itegerejwe n’abakunzi babo

Muyoboke Alex  Umunyamabaga wabo akaba n’umunjyana wa     Charly & Nina
Muyoboke Alex Umunyamabaga wabo akaba n’umunjyana wa Charly & Nina

Umunyamabaga wabo akaba n’umunjyana wabo wa muzika Muyoboke Alex uzwi cyane muri muzika nyarwanda akaba yatagarije itangazamakuru ko iyi ndirimbo yakozwe na Prodcer Medy Saleh, umuhanga mu gutunganya amashusho hano mu Rwanda ndetse MUYOBOKE akomeza gutangaza ko iyi ndirimbo ibahenze bitewe n’uburyo yakonzwemo ndetse n’uwayikoze yabahenze. Ikindi yadutangarije ko akomeje kuzamura izina ry’aba bakobwa yba mu Rwanda no hanzew y ‘u Rwanda bityo bagakomeza kuzamura izina rya muzika yo mu Rwanda

Mu rwego rwo gukomeza kwiyereka abakunzi babo, baratenganya gukora ibitaramo bitandukanye hirya no hino mu gihugu ndetse no hanze yacyo , aho ubu Alex Muyoboke aherereye mu gihugu cya Uganda  yagiye gushaka uburyo aba bakobwa bakora ibitaramo bitandukanye mu mujyi wa Kampala mu gusakaza ibikorwa byabo.

https://www.youtube.com/watch?v=C4zVZn9eRVY

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’indirimbo My RWANDA Aba basore bakoze indi ndirimbo izabahesha igikombe cya PGGSS6 bitewe n’ubwiza bwayo:REBA AMAFOTO

Miss Rwanda Umutesi Jolly yerekanye itandukaniro rye n’abandi banyampinga bamubanjirije: AMAFOTO