in imikino Gahoro gahoro nirwo rugendo; Kalisa Adolphe Camarade wabaye umunyamabanga mukuru wa APR FC yahawe kuyobora umwanya ukomeye cyane muri FERWAFA
in imikino Reka Mbappé bange ko akora imyitozo ni mu gihe: Ikipe ya Paris Saint Germain nyuma yo kubona ko Mbappé ayiteye umugongo ihise isinyisha rutahizamu karundura uzakora nk’ibyo yakoraga -AMAFOTO
in imikino Aba nibo bazaca impaka: Menya abakinnyi 11 bazabanza mu kibuga ku mukino w’igikombe gihiga ibindi cya Super Cup cyizahuza APR FC na Rayon Sports
in imikino Ntabwo yari kuyisigaramo wenyine: Neymar Jr amaze gutangaza inkuru itari nziza ku bakunzi ba PSG atanga icyizere ku bakunzi b’ayandi makipe
in imikino Ikipe irara idasinziriye kubera rutahizamu Harry Kane imaze gusebya ikipe y’ubukombe ku Isi -AMAFOTO
in imikino Wagirango bakinaga batuzuye! Hano mu Rwanda ikipe yatsinze indi urunganda rw’ibitego 16 ku busa
in imikino Baramusigarana i Kigali! Rutahizamu wazonze Rayon Sports ku munsi w’igikundiro ari kuganirizwa n’ikipe yahemukiye Murera iyitwara umukinnyi yari yategeye (AMAFOTO)
in imikino Bahawe imyambaro itagira amazina yabo! abakinnyi 3 byamaze kwemezwa ko batazakomezanya na Rayon Sports nubwo beretswe abafana ku munsi w’Igikundiro
in imikino Haringingo Francis wamaze gusinyira ikipe nshya yamaze kubwira ubuyobozi bw’ikipe yagiyemo ko yifuza umukinnyi w’ikipe ya APR FC yabonye wamuzengerezaga
in imikino Na we aje kwiyorera! Rayon Sports yashoye imitwara y’amafaranga ikaba yarabuze intsinzi, yaguze rutahizamu mushya ica inshundura
in imikino “Tugiye gukosora byinshi kugira tuzagere muri 1/4” Munyakazi Sadate wagarutse muri Rayon Sports nyuma yo guterwa imijugujugu, yishyize mu mwanya wa Perezida ubundi avuga ikintu bagiye gukora nyuma yo kubura intsinzi mu mikino itatu