1 Comment in imikino Umutoza ukomeye hano mu Rwanda yatangiye kuganirizwa n’ubuyobozi bwa APR FC kugirango asimbure Thierry Froger utari kwemerwa n’abafana
in imikino Bagiye mu Ntara pe! Ikipe ya Etoile de L’est yamaze gutanga ubusabe mu ikipe ya Rayon Sports kugirango ikuremo abakinnyi 2 bari bamaze igihe bakunzwe n’abafana benshi
in imikino Ikipe ya Rayon Sports yateguye umukino wa gishuti n’ikipe nziza hano mu Rwanda kugirango isuzume umukinnyi mushya uheruka kuza urimo kwigarurira abantu mu myitozo
in imikino Ngabo Roben usigaye ari umunyamakuru wa Rayon Sports Tv, yagaragaje imbamutima ze nyuma yo kubona ubuzima bukakaye murumuna wa Reagan Rugaju abayemo
in imikino Nyuma yo gutsindwa bamurusha KNC ari gutakambira Rayon Sports kugirango imutize umukinnyi ufite impano idasanzwe w’umunyamahanga
in imikino Asigaye ameze nk’Intare: Umunyezamu wa mbere mu Rwanda Kwizera Olivier yagaragaye ari gukora ibintu bitanga icyizere ku bakunzi be binashobora gutuma agaruka vuba mu ikipe y’Igihugu ayoboye -AMAFOTO
in imikino Abatoza bicariye intebe ishyushye bashobora kwirukanwa igice cya mbere cya Shampiyona kitararangira(Phase Aller) harimo n’umutoza w’ikipe ikomeye
in imikino Byatangajwe: Ikipe APR FC burya yaribwe nta mukinnyi n’umwe w’Umunyamahanga yaguze uri ku rwego rwayo (VIDEO irimo ukuri kose)
in imikino “Ariko ubanza abafana ba APR FC bari bibagiwe ko umutoza Adil nta burambe afite mu gutoza” Umunyamakuru Kazungu Clever utaracanaga uwaka na Adil yasetsa abafana ba APR FC bavuze ko bashaka ko agaruka
in imikino APR iracyagorwa: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC nyuma yo kunganya na APR FC bakoze ibintu bishobora gutuma abafana ba Gitinyiro bivumbara burundu ku mukino wo kwishyura -AMAFOTO
in imikino Kombona bitangiye kugucanga hakiri kare uyambare cyangwa uyireke! Umunyamakuru w’imikino Rugaju Reagan nyuma yo gukoresha umwambaro wa siporo agashyiraho amazina ye ndetse na nimero byateje impaka kubera amagambo yarengejeho -AMAFOTO
in imikino Bari kwiruhutsa: Ikipe ya Arsenal FC yahagijwe n’ikipe ya Crystal Palace yari mbere y’abafana bayo bituma umukino urangira nta nkuru