in

BYAKOMEYE: Umuraperi Meek Mill arashinjwa ubujura

Robert Rihmeek Williams uzwi cyane nka Meek Mill umwe mubahanzi bafite izina rikomeye mu muziki wa leta zunze ubumwe z’amerika byumwihariko mu njyana ya HIP HOP, kuri ubu ntabwo amerewe neza nyuma y’uko inzu itunganya umuziki yitwa Philadelphia records imushinjije kwiba amagambo y’indirimbo zabo.

Uyu mugabo wakunzwe mu ndirimbo zitandukanye arashinjwa kwiba indirimbo ebyeri z’iyi label ya Philadelphia aho ngo yafashe amagambo arimo akayiyitirira.

Kompanyi ikomeye mu muziki wa leta zunze ubumwe z’amerika yitwa dream rich entertainment mu kwezi gushize nibwo yatanze ikirego ivuga ko meek mill yafatanyije na lebel ye yitwa dream chasers mu kwiba indirimbo.

Amagambo Meek Mill ashinjwa kuba yaribye ni ayo mu ndirimbo yise 100 summers ndetse na cold hearted ii yose ayiyitirira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Asinah Errera ati : “Umugabo waguhaye icyo wifuza cyose ashatse yanaguca inyuma ntakibazo”

Abafana ba The Ben bakomeje ku mwinginga batakamba ngo afashe mushiki we utuye mu nzu y’ibati