in

Bwa mbere mu ruhame ndimbati ashimiye umugore we nyuma yibyo amaze iminsi acamo

Ku munsi wejo tariki 29 Nzeri 2022  nibwo Ndimbati yarekuwe avuye muri gereza ya mageragere.

Agisohoka muri gereza yazengurutse umujyi wa Kigali yiyereka aba fana nyuma y’amezi atandatu atagaragara hanze.

Ubwo Ndimbati yageraga hanze yashimiye umugore we bikomeye mu maso y’abari baje kumwakira amushimira ko yamubaye hafi mu bihe yararimo bitari bimworoheye.

Iri jambo javuze ryarijije benshi barimo n’umugore we kandi yavuze ko atamutereranye nyuma y ibyaha yashinjwaga ubusanzwe bitihanganirwa n’abagore.

Abaje kumwakira biganjemo abo bakorana mu ruganda rwa sinema ba kase Keke nk’ikimenyetso cy’ibyishimo kuba yagizwe umwere akanasohohoka muri gereza.

 

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports igiye gukora igikorwa cy’ubutwari mu Karera ka Rubavu uyu munsi

Umugabo ari mu marira menshi nyuma y’aho umupolisikazi amusanze yambaye ubusa