in ,

Bull Dogg yongeye guhamiriza umugore we urukundo rutavangiye amukunda imbere y’abafana be

Umuhanzi Bull Dogg umenyerewe hano mu Rwanda mu ndirimbo nyinshi zikunzwe cyane ndetse akaba ari numwe mu bahanzi b’abaraperi bazwi cyane ndetse banakunze kugarukwaho kubera ibikorwa bitandukanye bagenda bakora bigashimisha abakunzi b’umuziki nyarwanda, ku munsi w’ejo, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yavuze amagambo aryohereye cyane ku mukunzi we, Muvunyi Nelly, amutaka ndetse anamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

Ibi nibyo Bull Dogg yatangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram

Nkuko bigaragara muri aya magambo Bull Dogg yatangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, biragaragara ko agifitiye urukundo rutaryarya uyu mukunzi we ndetse yanashimangiye imbere y’imbaga nyamwinshi y’abafana be ko akimeranye neza n’uyu mukunzi we uzwi ku mazina ya Muvunyi Nelly. Ibi bikaba ari na bimwe mu byashimwe na bamwe mu bafana be bamufashije kwifuriza isabukuru nziza uyu mukunzi we.

Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Bull Dogg

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye-HAHISHUWE ko mbere y’uko ava muri FC Barcelone,Neymar yabanje guha isomo rya ruhago Lionel Messi atazibagirwa

Dore igikorwa cy’intangarugero Safi Madiba yashimwe n’abafana be