in

Bugesera: Gitifu agiye kumara abaturage abicisha inkoni

Abaturage barinubira cyane umuyobozi bahawe ugiye kubicisha inkoni buri munsi ni ukubahondagura ntampuhwe na nkeya ashyizemo akubita nkuwica inzoka.

Abaturage bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Juru bagiye kwicwa n’inkoni z’umukuru w’umurenge witwa   Kadafi Aimable kuko ataboroheye dore ko anaherutse kwica umuturage wo muri uyu murenge.

Aba baturage kandi barasaba ko bakizwa uyu muyobozi kuko abarembeje kandi ko agomba kurera abana ba nyakwigendera kuko ari nta handi bateze ubuzima.

TV1 dukesha aya makuru yagerageje guhamagara umuyobozi w’akarere ka Bugesera kugira ngo abazwe ku ku myitwarire idahwitse y’uwo muyobozi w’umurenge ntiyafata phone.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Top 10 y’ibihugu bifite abakobwa b’ibizungerezi kurusha abandi muri Afurika.

Uburanga bw’umukobwa w’umusirikare bwazonze abasore benshi(Video)