in ,

Buffon akubiswe inshuro ubwo umunyezamu uhenze ku isi atashye i Manchester(inkuru irambuye)

Buffon

Kuri ubu mugihe isoko ry’igura nigurishwa ku bakinnyi ryatangiye guhwihwiswa ku mugabane w’iburayi, amakipe akomeye nayo akaba yatangiye ibiganiro bikomye ndetse no gushaka kuzana abakinnyi bazitabazwa mu mwaka utaha w’imikino, ikipe ya Manchester City nyuma yo gusinyisha umukinnyi ukomeye Bernardo Silva imuvana muri Monaco kuri Miliyoni 50, kuri ubu amakuru dukesha ikinyamakuru Skysport, aremeza ko iyi kipe yamaze kugura n’umunyezamu wayo wa mbere uje gusimbura Claudio Bravo utarahiriwe no gukina muri iyi kipe. Gardien Ederson de dos (Reuters)

Umunyezamu w’umunya Brezil Ederson Santana de Moraes ukinira ikipe ya Benfica yo mu gihugu cya Portugali, ku myaka 23 gusa akaba nawe yamaze gusinyira ikipe ya Manchester City ku kayabo ka miliyoni 50 z’amayero nkuko iki kinyamakuru gikomeza kibitangaza. umunyezamu waherukaga kugurwa amafaranga menshi ni Gianlugi Buffon umusaza w’imyaka 39 ukinira ikipe ya Juventus waguzwe Miliyoni 38 z’amayero ubwo yavaga muri Palma yerekeza muri iyi kipe mu mwaka w’ i 2001.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yakoreye umukunzi we ibintu atigeze akorera abandi bakobwa baryamanye nawe bose

Hasohotse ibimenyetso simusiga bigaragaza uburyo ikipe ya Real Madrid yibye igikombe Fc Barcelona(Birebe hano)