in

Breaking news: Umutoza uherutse gusezera muri Bugesera FC yahise ahabwa akazi ko gutoza ikipe y’igihugu

Nyuma y’iminsi mike gusa umutoza w’Umurundi, Ndayiragije Étienne asezeye mu ikipe ya Bugesera Fc, yahise abona akazi ko gutoza ikipe y’igihugu cye by’u Burundi.

Uyu mutoza yasezeye mu ikipe ya Bugesera Fc nyuma y’ubwumvikane ku mpande zombi, ubu yahawe amasezerano y’imyaka ibiri yo gutoza u Burundi mu byiciro byose.

Ndayiragije Étienne yanyuze mu makipe nka Vital’O y’iwabo mu Burundi na Azam yo muri Tanzania ari naho yaturutse aza muri Bugesera.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Arsenal ikoze agashya yerekana ko yiyizeye ubwo yatizaga umukinnyi wayo mu ikipe bahanganiye igikombe

Lionel Messi yagaragaye ari kwishimana n’umuryango we ahantu hameze neza – AMAFOTO