in ,

Breaking News: Umutoza Jose Mourinho ari mu nzira zerekeza mu gereza

JOSE-MOURINHO

Umutoza Jose Mourinho utoza ikipe ya Manchester United kurubu nawe ari mu manzaganya bitewe nuko inkiko zo mu gihugu cya Espagne zatangiye iperereza ku kuba uyu mugabo yaranyereje imisoro yamafaranga menshi ubwo yatozaga mu gihugu cya Espagne ikipe ya Real Madrid. Abasesenguzi bakaba bavuga ko iri nyerezwa ry’imisoro rya Jose Mourinho rifitanye isano niryatangajwe mu minsi ishize ry’umusore Cristiano Ronaldo.

Jose Mourinho is desperate to bolster his strike force this summer

Amakuru dukesha ikinyamakuru Mundo Deportivo aravuga ko uyu mugabo ashinjwa kunyereza amafaranga asaga Miliyoni 3.3 z’amayero.  Muri 2011 uyu mugabo aregwa kunyereza imisoro isaga£1,419,717.66 (€1,611,537) noneho mu mwaka wa 2012 agashinjwa kunyereza asaga  £1,491,601.39 (€1,693,133). Gusa kurubu uyu munya Porutigali akaba ntacyo aratangaza kuri ibi birego byagiye ahagaragara.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe baraye badasinziriye kubera aya mafoto agaragaza ikibero cy’uyu muhanzikazi (yarebe hano)

Dore amafoto agaragaza imiterere n’ubwiza by’abahanzikazi nyarwanda batuma abagabo badasinzira