imikino
BREAKING NEWS: Sugira Ernest ntagikinnye umukino w’uyu munsi

Ku munsi w’ejo nibwo hasohotse urutonde rw’abakinnyi 11 bari buze kubanzaml mu mukino w’uyu munsi urahuza Amavubi n’ikipe ya Uganda Cranes. Rutahizamu Sugira Ernest, umwe muri ba Rutahizamu bari kubanza mu kibuga ntakibanjijemo kuri uyu munsi kubera ikibazo cy’amakarita abiri y’umuhondo afite.

Sugira Ernest
Amakuru yizewe agera kuri YEGOB nuko Sugira Ernest atari buze gukina umukino w’uyu munsi kubera amakarita abiri y’umuhondo yahawe. Iyi ni inkuru itakiriwe neza n’abafana b’Amavubi bitewe nuko uyu musore yagiye yerekana ubushobozi bwo kuba yahatana agashaka ibitego mu marushanwa ya CHAN by’umwihariko muri CHAN 2016 ari naho yigaragarije cyane.
-
Inkuru rusange16 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima18 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro6 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru16 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho8 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru14 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro3 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.