in ,

Breaking news: Ikipe y’umupira w’amaguru yo muri Brasil ikoze impanuka ikomeye y’indege

indege-yari-itwaye-ikipe-ya-brazil

Muri iri joro ryakeye nibwo inkuru y’incamugongo yasakaraga ku isi yose ko ikipe yo muri Brazil yitwa Chapecoense yagize impanuka y’indege ikomeye ubwo yajyaga gukina umukino ubanza wa Finale y’igikombe cyitwa Copa Sudamericana muri Colombia n’ikipe yitwa Atletico National, iyi ndege yaritwaye abantu 72 ndetse n’abandi 9 bakora mu ndege, amakuru yihuse yageze ku kibuga cy’indege cya josé Maria Cordova de Rionegro yavugaga ko abantu 6 gusa aribo babashije kurokoka ndetse bitewe n’ukuntu indege yaguye ahantu habi kandi kure, ndetse ubutabazi bwari bugoranye cyane bitewe n’ikirere cyasaga nabi cyane.

Ikipe yaguye muri iyo iyo mpanuka niyo
Ikipe yaguye muri iyo iyo mpanuka niyo

Abasigaye muri Brazil bihutiye gutanga itangazo muri Colombia rimenyesha ibyiyi mpanuka ndetse bahita basubika iby’iki gikombe byose. Ababashije kubona bwihuse ni Alan Ruschel, Danilo na Jackson Follmann, ndetse nindi mibiri yose y’abangijwe n’impanuka iri kubarizwa ku bitaro muri Colombia.

Twihanganishije abakozweho n’iyi mpanuka bose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere uko impenure no kwikora ahadakorwa biri mu byaranze umunsi w’amavuko w’umuhanzikazi Fearless (AMAFOTO)

Imyaka irindwi irashize umunyarwandakazi Sonia Rolland yumvira uburyohe bw’urukundo mu gituza cya Jalil Lespert