in

Biteye ubwoba:Amaze imyaka 30 yose areba inyuma ||abantu bavuga ko yarozwe na nyina umubyara.

Ubonye uburyo uyu mukobwa witwa Mukayandambaje uhita wibaza impamvu yamuteye ubu burwayi,niba ari uku yavutse ameze cyangwa byaraje akuze.

Uyu mukobwa uri mu kigero cyimyaka 30 y’amavuko, mama we avuga ko ubu burwayi bwaje nyuma yo gutangira amashuri abanza,dore ko yavutse ameze neza nk’abandi bana.Mukandayambaje uburyo agendamo ,aba areba inyuma kuko umutwe we ntureba imbere,ndetse ubona ari ibintu biteye ubwoba kuko bimugora cyane gushakisha inzira ,aba asa nkuwigaragura hasi.

Umubyeyi we yatangaje ko aterwa agahinda n’abamushinyagurira ko ari we wirogeye umwana we ,akagira ubu bumuga amaranye imyaka myinshi.

Yagize ati:”abanshinyagurira ndabamenyereye,bavuga ko nirogeye umwana,ariko bazavuge ibyo bashaka.Nzi igise cye,nzi ubuzima yaciyemo ,iyo numvise ibyo bavuga birambabaza cyane”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umugore wa Harmonize ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we mushya

Umuherwe Elon Musk yavuze ku mushinga we wo gushyira utwuma dukorana na mudasobwa mu bwonko bw’abantu