in

Biteye agahinda: Ibyo uyu mugabo yakorewe n’umugore we (Amafoto)

Umugabo witwa nsabimana yahuye n’ikibazo cyo gushya umubiri wose Kubera umunsi umwe inzu yabagamo we n’umugore ndetse n’umwana yafashwe n’umuriro.

Nyuma yuko inzu yabagamo ifashwe n’umuriro ubwo umugore we n’umwana we bari munzu yafashe icyemezo yinjira mu nzu abasha kurokora Umugore we gusa asubiyemo asanga umwana yapfuye we.

Nsabimana avuga ko yabuze umwana ndetse we ahura n’ikibazo cyo gushya umubiri wose aho yabaye igihe kitari gito mu bitaro gusa aza gukira.

Umugore we yamutaye ari mu bitaro nyuma yo kumwitangira ubwo yamukuraga mu nzu yahiye umugore yahisemo guta umugabo aribyo bitera agahinda nsabimana kugeza ubu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibyabereye mu birori byo kwizihiza isabukuru ya Miss Umukundwa Cadette witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda (Amafoto + video)

Umukobwa yakoze agashya akuramo imyenda mu isoko ashaka kwigera isutiye yashakaga kugura(Video)