Inkuru rusange
Biratangaje :Ngibi iby’urukundo no guhura bitangaje bya Couple y’abantu bagufi ku isi!

Urukundo ntabwo rugira umupaka ,ndetse yewe ntirutoranya kimwe n’uko rutinenaguza,urukundo ni rwiza rwahuje Paulo Gabriel da Silva Barros ufite uburebure bwa centimetero 88.4 ndetse na Katyucia Hoshino ufite centimetero 89.4 gusa.Nyuma yuko Paulo na Hoshino  bahuye batari banaziranye bahuje imitima ndetse bigera aho bafata umwanzuro wo kubana.
Paulo Grabriel na Hoshino bibera mu gihugu cya Brazil kuri ubu bazwi nk’abantu bakundana  kandi bagufi ku isi ndetse kuribo bifuza kujya mu gitabo cya Guiness De Record.Uburyo bahuye buratangaje, Hoshino yavuze ko batangiye kuganirira (Chatting) ku rubuga rwa MSN.
Paulo w’imyaka 30 na Hoshino w’imyaka 26 urukundo rwabo rwakomereje kuri murandasi ariko igihe kiza kugera Hoshino afunga(Block) uyu musore Paulo kuko ngo yabonaga ibiganiro bye bisa n’ibitamushishikaje.
Nyuma ariko ngo yaje kongera aramufungura kuri MSN maze bakomeza kuganiro,ubu ntabwo Hoshino yicuza impamvu yahuye na Paulo kuko mu myaka 10 bamaranye urukundo rwabo rurasendereye.
Paulo na Hoshino byabafashe iminsi 5 bamenyanye kugira babashe gutangira gukundana,nyuma yaho ho imyaka 4 bafashe umwanzuro wo kwibanira.Hoshino ati ntabwo nigeze ngira undi musore w’inshuti n’umwe mbere ya Paulo,Paulo ni byose kuri njye.
“I had never dated before so Paulo is my first boyfriend, my first everything.â€
Babeshejweho na Salon itunganyiriza abantu imisatsi,bahuye n’ibigoye byinshi kubwo kuba mu isi y’abantu barebare kandi ari bagufi gusa bombi biremeye isi yabo nyuma yo kwiyakira no gukundana,Paulo atwara imodoka maze agashaka ibyangobwa byo muri Salon naho umugore we Hoshino nawe  akora akazi ko muri iyo Salon
Paulo ati”“Basically, we are a normal couple but our height is a little smaller. ‘The best thing about our relationship is our closeness, our companionship we have for each other.â€
ati ” urebye ,turi abakundana nk’abandi..usibye ko uburebure bwacu ari butoya…ikiza mu mibanire yacu n’uko tubana hafi,kandi tugafatanya ..”
-
Inkuru rusange14 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
inyigisho14 hours ago
Bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye gukora niba wifuza kubona umukunzi ugukunda by’ukuri.
-
Imyidagaduro20 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Imyidagaduro22 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro12 hours ago
Marina yavuze ku rukundo rwe na Nizzo Kaboss
-
Imyidagaduro10 hours ago
Gafotozi Plaisir Muzogeye yerekanye urukundo we n’umuryango we bakunda umwana wabo muto banamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko
-
Imyidagaduro7 hours ago
Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Umuhanzikazi nyarwanda Azina wakoranye indirimbo na Christopher agiye kurushingana n’umukunzi we (AMAFOTO+VIDEO)