in ,

Biratangaje: Imyambarire ye mu bukwe bwe yatumye agaciro k’inkwano kiyongera

weeding-expensive-dress

Muri Nigeria, umuganga yakoze ubukwe gusa nyuma yo kubona ikanzu umugore yaje yambaye ikamwongerera ubwiza ku buryo budasanzwe, umugabo yahise yongerera ingano y’inkwano bari bavuganye na Sebukwe.

attribut_html{Ikanzu yambaye ku munsi w'Ubukwe yahinduye ingano y'inkwano-inkuru mu mafoto}

 

Nkeiruka Mkparu, ni umuganga mu bitaro bya Pediatrician, akaba yararangirije muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kaminuza ya Dyton muri Leta ya Ohio, yatunguye abantu ubwo yashyiraga hanze amafoto yo ku munsi w’ubukwe bwabo, akandikaho amagambo agaragaza gutungurwa yagize ubwo yabonaga uko umugore we yaje yambaye.

JPEG - 40.5 kb

 

Mu magambo yaherekeje amafoto ku rubuga rwe rwa Instagram, Mkparu yagize ati: Nkibona ikanzu umugore wanjye yaje yambaye ku munsi w’ubukwe bwacu, nahise niyemeza kongera inkwano bari banshiye kuko umukobwa yari afite ubwiza budashidikanywaho, mu rwego rwo gushimira umuryango ko bampaye umugore mwiza.”

Ikanzu nziza yambaye yatumye bongera inkwano
Ikanzu nziza yambaye yatumye bongera inkwano

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere ibanga Mourinho yamennye kandi rizagira ingaruka kuri ba rutahizamu be

Umukinnyi w’umwaka watowe na FIFA yamenyekanye mbere y’igihe