in ,

BIRABABAJE :Nyuma yo kwambara impenure uyu munyarwandakazi yagize umusazi umugira Inama

Kuri ubu kwita Amanda Isimbi nyampinga ntabwo byoroheye ubivuga iyo azi ubusobanuro bw’iyo nyito.Nyuma yuko ashyize amashusho y’urukozasoni hanze  abantu bakifata ku munwa  aka wa mugani ngo ntizikora ababyinnyi nk’abarebyi,kuri iyi ncuro na none yongeye kwambara impenure y’agakabutura gafite ingano  idafatika nuko umwe mu bamukurikira agerageje kumugira inama,Isimbi aramukwena.

 

Ubwo umwe mu bakurikira uyu Amanda yamubwiraga ati” ntabwo uwo mwambaro nywukunze ako kanya Manda yihutiye kubaza icyo ngo ibyo bimurebaho,nyir’ukumugira inama nawe ntabwo yaje kuripfana kuko yongeyeho ko  ari ngufi kandi itamubereye na gato ,aya magambo n’andi yo guhanura Amanda abijugunya inyuma y’amatwi akituriza cyangwa akaganza ababivuga nyamara koko iyo kabutura yari yambaye  ingano yayo iteye ukwayo

 

 

ajaklalm

ajkakamajaja

ahajajnma

ajkakamajaja
maxresdefault

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impinduka zizanywe mu gikombe cy’isi zashimishije abantu batagira ingano

Dore inkuru ishimishije gusa ariko nanone iteye agahinda ku bafana ba Arsenal