in

Birababaje cyane: umuganga arashinjwa gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe.

Umugabo wo muri Arizona yakatiwe gufungwa imyaka 10 azira gusambanya ku ngufu umugore wari usanzwe afite uburwayi bwo mu mutwe amutera inda.

Nathan Sutherland wahoze ari umuforomo arashinjwa icyaha cyo gusambanya ku ngufu uyu murwayi wari ufite uburwayi bukomeye cyane , kw’ivuriro rya Hacienda HealthCare mu riri mu mujyi wa Phoenix.

Uyu muganga yahagaritswe mu 2018 inyuma y’aho ibipimo bya ADN/DNA bigaragaje ko uruhinja uyu mugore yabyaye ari urw’uyu muganga wamusambanyije ku gahato.

Muri Nzeri uyu mwaka, Sutherland yemeye ko ari we wakoze iki cyaha cyo gusambanya umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe.Kuri ubu uyu mugabo agiye gufungwa imyaka 10 nkuko BBC dukesha iyi nkuru yabyanditse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’abanyarwandakazi yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru

Uko bizagenda Shaddyboo nagera mu rubanza mu Ijuru (video)