in

Bihinduye isura:Uyu mubikira ahuye n’akaga gatunguranye|menya icyo azize.

Uyu mubikira  yafashwe  yarenze ku mabwiriza yo kwirinda koronavirusi nyuma yo kwakira abantu benshi bari bagiye gukora imihango yo kwiyakira y’ ubukwe.

Uyu wihaye Imana yatangarije Isibo Tv ko aba bantu bari babasabye ko babafasha bagatekera abantu 50 ,gusa ngo ntibabasobanuriye ko ari ibijyanye n’ubukwe ,barabikora nuko polisi  iraza ibafata nk’abarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Koronavirusi .

Ati:”badusabye ko dutekera abantu 50,ntibatubwiye ko ari reception yubukwe, twabonye ko ari benshi ,dushaka aho tubakirira nuko polisi iraza iradufata,twakiriye abantu tuzi ko ari group isanzwe tutazi ko ari ubukwe . byaduhaye isomo ntituzabisubira”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi bintu abakobwa babikunda kubi ariko batinya kubisaba abakunzi babo.

Mbata bamusuye baramuremera arishima cyane|atanze ubuhamya bukomeye|yendaga kwiyahura.