yegob.rw
Bidasubirwaho, utwuma tuzashyirwa mu bwonko bw'abantu twemejwe. - YEGOB
Umuherwe Elon Musk yatangaje ko guhera mu mwaka utaha wa 2022 utwuma dushyirwa mu bwonko turatangira gukoreshwa. Elon Musk yavuze ko utu twuma tuzashyirwa mu bwonko bw’abantu tuzifashishwa mu gucyemura ibibazo bitandukanye harimo gufasha abafite ibibazo bya paralize ndetse n’ibindi bibazo bijyanye n’imikorere y’ubwonko. Uyu mugabo yakomeje avuga ko izi microchips ziswe Neuralink zizashyirwa mu […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne