imikino
BBOXX Rwanda : Kigali yatsinze ibitego 4 k’ubusa bw’Ikipe y’Amajyepfo

BBOXX Rwanda ni kampani ikorera mu Rwanda ,ikaba itanga amashanyarazi ikoresheje ingufu z’imirasire y’izuba . Mu gihe gito imaze itangiye ikaba imaze guha abaturage badafite umuriro barenga 10000 mu Rwanda , ibi bikaba ari intambwe ikomeye bamaze gutera dore ko bafite intego ko uyu mwaka ugomba kurangira barengeje abafatabuguzi barenga 50000.
Mu kiganiro na Justus Mucyo uhagarariye BBOXX RWANDA yadutangarije ko mu buryo bwo kubasha guhura n’abakozi ba kampani mu duce twose tw’u Rwanda bateguye imikino y’imyidagaduro kugira ngo bahure baganire kandi bishimane hagati yabo binyuze muri sport ,babonereho no kuba baganira kuri gahunda ziri imbere banishimira intambwe bagezeho mu gihe gito nka BBOXX Rwanda .
Uyu muyobozi yasoje avuga ko ibi ari itangiriro ko mu mwaka utaha bagomba kuba bamaze kugira abafatabuguzi barenga 50000 kandi bizera ko mu gihugu hose muri buri karere hazaba hamaze kubamo ibyicaro bya BBOXX Rwanda ,dore uko ubu  bakiri mu Ntara ariko bizeye ko bagiye kwagura imipaka bakagera no mu turere twose tugize igihugu.
Reba mu mafoto uko umukino wahuza BBOXX Rwanda Kigali na BBOXX Rwanda mu ntara y’amajyepfo wagenze :
Comments
0 comments
-
urukundo19 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima20 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze8 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga12 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho18 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda7 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda8 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana