in ,

Batwise abatinganyi, badushyigira abagore tutazi, ndetse banatunkwesheje inzoga n’urumogi aya ni amagambo umuhanzi KITOKO ubwe yivugira :(+VIDEO)

Aya magambo uyu muhanzi ayavuga mu ndirimbo ye amaze iminsi asohoye iy’indirimbo ikaba yitwa pole pole akaba yereka urugendo abahanzi bacamo ndetse n’ibinyoma bamuvugaho ,Iyo ubyumvishe uhita wibuka ibinyoma by’abahanzi birirwa babavugaho ngo aratwite iyo ari umutegarugori cyangwa ngo yarwaye sida ,ibyo ni bimwe mu binyoma babagerekaho, Ikindi muri iyi ndirimbo w’umvamo agahinda agaterwa n’ibi binyoma baba babashinja ko bakoze ariko agasoza avugako ntacyo bimaze kandi babona ukuri abivuga mu magambo yo kindi kirimi agira ati “ bata tunjua tu”

umuhanzi KITOKO
umuhanzi KITOKO

Muri iyi ndirimbo niho uri bwumve ukuri kurambuye nandi magambo akomeza kwereka ko kuba bavungwa nabi ntacyo bimaze kandi n’ubundi bakomeza gutera imbere

https://www.youtube.com/watch?v=440U-lhEOZ0

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Guhuza impano bafite byatumye uru rubyiruko rusohora filimi injyendanye n’ibihe tugezemo :( +video)

Dore igeso eshanu (5) itsinda Tough Gangs yatoje urubyiruko rw’abanyarwanda kugeza ubu izo geso zirikwagiza abatari bake.