in

Baramuroze: Noopja arashinja inshuti ze zahafi bakoranaga gushinyagurira no kuroga Kinyoni umuvandimwe we ya kundaga cyane

Mu marira n’agahinda kenshi Noopja yashinje abo bakoranaga kuroga Kinyoni anavuga ko na nyuma ibyabaye bari mu kumushyingura biteye agahinda.

Nyuma yo kubona ubu butumwa tugiye kuva imuzingo, Noopja yahamije aya makuru avuga ko hari ibikwiye kumenyekana.

Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, Noopja yavuze uburyo abo yizeye ari bo baroze Kinyoni, ahamya ko igihe kizagenda kibisobanura.

Mu butumwa burebure bwiganjemo amarira n’agahinda, ubona ko bumuvuye ku ndiba y’umutima, Noopja yagize ati:

“Byose byatangiye nizera abantu ntazi iyo baturutse, nabo bampemba gutegura kunyicira ubuzima babanje kwica umuvandimwe nizeraga kurusha abandi mu ikipe.”

Noopja yakomeje agaragaza ko murumuna we yarozwe n’abo we yagiriye neza. Ati “Kinyoni wari umuvandimwe wanjye ufite impano itangaje, wari umuntu mwiza ufite umutima wa zahabu;

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo: Undi muhanzi amaze gukuramo ake karenge mu gitaramo cyatumiwemo Demarco cyizabera hano mu Rwanda

Polisi ya Uganda yagize icyo ikora ku bafana ba Arsenal yaherukaga gufunga