in

Barack Obama yakoze urutonde rw’indirimbo yakunze kuva akiri Perezida kugeza ubu.

Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama, yasangije abakunzi be urutonde rw’indirimbo yakunze cyane kuva akiri perezida kugeza uyu munsi, zirimo iza Eminem, Bruce Springsteen na Jay-Z.

Uru ruvange rw’indirimbo ,Obama yazitondetse ku rukuta rwe rwa Instagram mu rwego rwo gusangiza abakunzi be ibyo akumbuye. Iyo witegereje uru rutonde urusangaho  indirimbo ziri mu njyana ya rock, jazz na hip-hop, harimo nka  ‘Halo’ ya Beyoncé , The Rising ‘ya Bruce Springsteen,’na  Lose yourself ya Eminem.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Twabashije kugarira neza iminota y’umukino irangira nta gitego dutsinzwe – Mashami

Sobanukirwa inkomoko y’ubuzima bwo kuri iyi si (VIDEO)