in

Bamenya yabwije ukuri abantu batifuriza ineza Prince Kid wamaze kugirwa umwere ku byaha yashinjwaga

Umukinnyi wa cinema ukunzwe hano mu Rwanda Benimana Ramadhan wamenyekanye muri filime Bamenya Series yavuze ko icyo Prince Kid yazize ari ukugirira neza abantu batanyurwa bahora bakeneye ko ukomeza kubaha.

Ari mu kiganiro The Choice Live ku Isibo Tv yagize ati “Ameze nk’uwabahaye Ice cream ikaba yarashize bagakenera indi”.

Ibi yabuvuze nyuma yaho Prince Kid Urukiko rukuru rwa Nyarugenge rutegetse ko arekurwa nyuma yaho rusange ari umwere ku byaha yashinjwaga bya gusambanya abakobwa bamwe mu bitabiriye Miss Rwanda yari ahagarariye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuri wowe unuka ibirenge abantu bakakwinuba dore ibyo ukwiye gukora ugaca ukubiri n’umunuko uturuka mu birenge

Breaking news:Cristiano Ronaldo uherutse gutandukana na Man Utd yabonye andi masezerano mu ikipe nshya azageza muri 2024