Imyidagaduro
Asinah yiganye kwambara nka Rihanna bimusaba kubumba amaguru imbere y’abantu!(amafoto)

Birashoboka ko waba warabonye amafoto agaragaza imyambaro  ibyamamare byari byambaye mu kiswe ‘Entertainment Industry Night” cyateguwe na Miss Vanessa ndetse na Miss Sandra ,iyi n’imyambaro abenshi bavuga ko yagaragazaga ugusirimuka gukabije niba utarayabonye kanda hano; Imyambaro igaragaza imyenda y’imbere niyo yaranze ‘Entertainment Industry Night”
Gusa ibyo nsibyo dushaka kubasubiramo ,ahubwo niba witegereza aya mafoto neza urabona ko imyambaro y’umuhanzikazi Asinah ifite aho ihuriye cyane  niyo Rihanna yigeze kwambara nayo yagaragazaga ikariso y’imbere yari yambaye gusa ku babyibuka hari mu birori bya iHeartRadio Music Awards ,icyo gihe ntabwo Rihanna yigeze abumba amaguru nk’uko Asinah byamusabye kunyuzamo akabumba amaguru ubwo yabonaga abafotora bakataje.
Birashoboka ko Asinah yiganye iyi myambarire ya Rihanna kabone n’ubwo we yabihakaniye YEGOB, kuko ndetse  we yaduhamirije ko yari yambaye ibikwiwe ntawe yiganye kandi ikindi ngo imyenda itamwambakaga ubusa na gato nyamara iyo urebye ku mbuga nkoranyambaga ubona akunda gushyiraho amafoto ya Rihanna ndetse asa n’ukurikira ibikorwa bye byinshi ku buryo kumwigana mu myambarire bitaba igitangaza kabone we avuga ko atabikora.
ese wowe urabona yaramwiganye?
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima18 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga11 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho17 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana
2 Comments