in ,

Niyo Bosco Akomeje Kwerekana Ko Ari Umuhanzi Ukunzwe! Akoze Andi Mateka

Umuhanzi Niyo Bosco twafata nkumwe mu bari kuzamuka akomeje kwerekana ko yanyuze imitima y’abakunda umuziki nyarwanda kubera ko bamwakiranye urukundo bigaragazwa n’uburyo indirimbo ze zirebwa cyane hakiyongeraho ko no mu bitaramo yagiye akora mu minsi yashize yitwaye neza ku rubyiniro.

Nyuma y’ukwezi gusa asohoye indirmbo ye yitwa Ishyano, ubu yamaze kuzuza abarenga miliyoni imwe bamaze kuyireba. Gusa nubwo kuzuza miliyoni bigifatwa nk’agahigo ku bahanzi nyarwanda, kuri Niyo Bosco bimaze kuba ibisanzwe kuko nyinshi mu ndirimbo ze zirebwa na miliyoni mu gihe gito cyane, ibi bikaba bigaragako ari umuhanzi umaze gukomera mu gihe gito kingana n’umwaka umwe amaze mu ruhando rwa muzika nyarwanda.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ingaruka ziteye ubwoba zavumbuwe ku banywa ikawa nyinshi cyane.

Mwanafunzi: Abagabo Batashatse Bashobora Kugira Imyitwarire Nk’iyinzererezi (Video)