in

Arsenal ikomeje gutsimbarara kuri Aubameyang

Uyu munsi umufana wa Arsenal aho ari hose ku isi ahangayikishijwe no kumenya niba capiteni w’ikipe ye ariwe Aubameyang azaba agihari umwaka utaha, kuko kugeza ubu uyu musore ntaremera kongera amasezerano ye muri iyi kipe. Gua ariko nubwo Aubameyang atarongera masezerano ubuyobozi bwa Arsenal bukomeje kumutsimbararaho bwanga ku mugurisha.

Inkuru dukesha ikinyamakuru Telegraph ikaba yemeza ko Arsenal ikomeje gutereta Se wa Aubameyang ngo irebeko uyu musore yakwemera kongera amasezerano ye muri iyi kipe.

Tubibutse ko uyu Se wa Aubameyang ari nawe agent we nukuvugako ikipe ya Arsenal ibashije kumwumvisha ko inyungu z’umuhungu we ari kuguma muri Arsenal byaba ari intambwe ikomeye muri gahunda yo kongera amasezerano ya Aubagoal

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba ibirori by’akataraboneka Miss Vanessa Uwase yakorewe n’umukunzi we ku isabukuru ye

Reba ukuntu abaslayqueen baraye barushanwa gu twerking ku isabukuru ya mugenzi wabo