in

Arabia Saudite yaremeye abasore bose bananiwe kurongora

Saudi Energy minister Prince Abdulaziz bin Salman attends a news conference in Jeddah, Saudi Arabia September 17, 2019. REUTERS/Waleed Ali - RC1496A3D9B0

Igikomangoma cya Arabia Saoudite, Muhammad Bin Salman, yaciye iteka ko miliyoni imwe y’amadolari ya Amerika (Frw hafi miliyari) ihabwa urubyiruko rugera kuri 200 kugira ngo rubashe gukora ubukwe.

Ikinyamakuru cya leta kivuga ko itangazo ryemeza itangwa ry’ayo mafaranga ryasohotse ku Cyumweru. Kivuga ko ayo mafaranga azahabwa abakobwa n’bahungu bo muri icyo gihugu.

Ibi ngo bigamije gufasha impfubyi n’abafite ubumuga babuze ubushobozi bwo gukora ubukwe. Urubyiruo kandi ruzigishwa uko rwakoresha ayo Frw.
Bwa mbere, hari hatanzwe miliyoni 250 ku bantu bagera ku bihumbi 26,000.

Uyu mugambi wa Salman ugamije gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza no kubafasha kuzamura ubukungu bwabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hagiye gushya! Meddy n’umugore we bateguje abafana babo ikintu gikomeye

Umuraperikazi ukomeye w’umunyamerika aratwite