in , ,

APR na AS Kigali zahawe uburenganzira bwo gutangira imyitozo

Minisiteri ya Siporo yemereye APR FC na AS Kigali gutangira imyitozo. Aya makipe yombi azahagararira u Rwanga mu mikino mpuzamahanaga ya Africa. Ibaruwa ya Minisiteri ya Siporo yandikiye Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yabamenyesheje ko ihaye ikipe y’Ingabo z’igihu ‘APR FC’ n’iy’Umugi wa Kigali ‘AS Kigali’ uburenganzira bwo gutangira imyitozo kuko ariz o zizahagararira […]Minisiteri ya Siporo yemereye APR FC na AS Kigali gutangira imyitozo. Aya makipe yombi azahagararira u Rwanga mu mikino mpuzamahanaga ya Africa. Ibaruwa ya Minisiteri ya Siporo yandikiye Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yabamenyesheje ko ihaye ikipe y’Ingabo z’igihu ‘APR FC’ n’iy’Umugi wa Kigali ‘AS Kigali’ uburenganzira bwo gutangira imyitozo kuko ariz o zizahagararira

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu: Mvuyekure na Mvukiyehe bahererakanyije ububasha bw’ubuyobozi

(VIDEO) Karekezi yahawe Abayobozi azafatanya na bo gutwara ibikombe muri Kiyovu