in

Anita Pendo ahishuye uburyo yitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda akahasebera|yasekeje benshi.

Umunyamakuru akaba n’umushyushya birori Anita Pendo yasekeje abantu ,bitewe n’inkuru yavuze y’uburyo yigeze kwitabira irushanwa rya Miss maze agasubizwa inyuma kubera ko atari yujuje ibisabwa.

Ni mu kiganiro kitwa Friday Flight kiba gisekeje cyuzuyemo urwenya ariko kinigisha byinshi ,bakora buri wa gatanu gica kuri televiziyo y’u Rwanda .Muri iki kiganiro Anitha Pendo, akorana na DJ Bissosso, na Gitego bagaragaye bigana iyimikwa ry’abayobozi bashya ndetse n’irushanwa rya Miss Rwanda 2021 aho baba bambaye mu buryo budasanzwe bajyanisha nibyo bigana.Mu nkuru Pendo yabwiye abafana.

Yagize ati:“nigeze kujya mu irushanwa ry’ubwiza ariko narahasebeye cyane banyirukanye kuko ntari nujuje ibyo basabaga.”

https://youtu.be/cw-R9_uVI7w

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikanzu igaragaza amatako ya Miss Ingabire Grace ikomeje kuzamura impaka ndende.

Amabanga aragwira: Umugore yahisemo urupfu aho kuvuga izina ry’uwamuteye inda.