imikino
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA

Amavubi yari yishyize mu mazi abira Imana ikinga akaboko ubwo umukinnyi Ngendahimana yinjiranaga mu kibuga imyenda iriho numero zidasa. Nkuko byagaragaye, Ngendahimana yinjiranye mu kibuga umupira uriho numero 25 naho ikabutura ye yaririho numero 24. Umupira wa numero 24 wasanganywe umunyamakuru Rigoga Ruth ukorera RBA, umwe mu baherekeje Amavubi mu marushanwa ya CHAN 2020 ari kubera muri Cameroun.

Dore uko mu rwambariro hari hateguye. Umwambaro Ngendahimana yinjiranye wari ufite umupira wanditseho 25 nahi ikabutura yanditseho 24

Umunyamakuru Rigoga Ruth niwe wagaragaye yambaye umupira wanditseho numero 24

Dore Ngendahimana ari mu kibuga

Umupira we wari wanditseho numero 25
Nkuko amategeko agenda amarushanwa mpuzamahanga abigaragaza, kirazira ko umukinnyi ajya mu kibuga adafite numero ihamye yandikishije azakina, iri rikaba ari rimwe mu mategeko akomeye agenda imikino mpuzamahanga na CHAN irimo. Uyu mukinnyi w’Amavubi ntiyubahirije iri tegeko kuko nkuko byagaragaye yinjiranye imyenda ifite numeros zidasa ibi bikaba bishobora gukoraho ikipe y’igihugu y’U Rwanda Amavubi ikaba yafatirwa ibyemezo bikamaye muri aya marushanwa ya CHAN 2020.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umva ibyo Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri City Maid yatangaje nyuma yo gukora ubukwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Bamenya noneho areruye avuga umukobwa akunda|anavuga ku bukwe bwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Dj Miller yibutswe mu buryo budasanzwe| Umugore we byamurenze araturika ararira
-
Imyidagaduro1 day ago
Rocky Kimomo yakoreye ibidasanzwe abanyamakuru ubwo yari agiye guhabwa igihembo yatsindiye
-
Imyidagaduro1 day ago
Umugore wa Tom Close yabwiye amagambo meza y’urukundo umugabo we nyuma y’igihembo yahawe
-
Imyidagaduro2 days ago
Miss Jordan Mushambokazi yakorewe ibirori bya bridal shower n’inshuti ze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Mu magambo y’urukundo rwinshi, umugabo wa Bahavu Jeannette yamuvuze ibigwi..
-
Imyidagaduro9 hours ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko
.Nonese ubu mutubwiye ko Imana yakinze ukuboko,gute?
.Nonese ubu mutubwiye ko ikibazo cyarangiye gite?
.Icyo mbonye ni uko mutabanza kugenzura neza inkuru mugiye gutangaza ! Amakosa y’imyandikire menshi,inkuru itagira umusozo! Umutwe w’inkuru ukabya cyane nyamara nta content! Iyi nkuru ntiyuzuye kdi irimo gusebanya cyane!