in

Amashusho arimo imibyinire idasanzwe y’abana ba ShaddyBoo akomeje kuvugisha abatari bake.

Amashusho y’abana ba ShaddyBoo babyina mu buryo budasanzwe akomeje gutangarirwa n’abatari bake ku mbugankoranyambaga. Muri aya mashusho ShaddyBoo yagaragaye ari kumwe n’abana be babiri b’abakobwa, uko bigaragara aba abatoza kubyina imbyino zigezweho ariko ubonako ari muburyo budasanzwe.

Aba bonye aya mashusho kuri Instagram bati “hahiye koko!”, abakurikirana uyu mugore abenshi bagiye bamushimira ko abana be atangiye kubigisha nkibyo asanzwe akora, nyamara hari n’abagiye bamunenga bavugako bidakwiriyeko nk’umubyeyi yatoza abana be b’abakobwa ngo bakore nkibyo yirirwa yigaragazamo bavugako yaba ari amahitamo mabi kuribo nk’abana.

Mubatanze ibitekerezo harimo uwagize ati “kwigisha abana bangana gutya gukora nkibyo ukora kandi uziko bidashimwa na benshi, ni amakosa ndetse uri kubahemukira kuko si amahitamo yabo, ibaze hari uwari kuzaba umuvugabutumwa muribo, ubu ntiwa umwiciye amayira”

https://www.instagram.com/p/CMAN7THq0hd/?igshid=1w94idqrbr798

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa ukomeje kwanikira abandi muri Miss Rwanda burya yiga i Bwotamasimbi|Yahishuye uko yinjiye muri iri rushanwa.

Nyuma yo kwirukanwa mu nzu shishitabona, umwana muto ateye inkunga Njuga biramurenga.