in

Amarozi – Umumasayi yabujije imodoka ya polisi kugenda akoresheje amarozi

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/polisi.jpg

Mu minsi ishize hano mu mugi wa kigari hafi ya Gare ya Nyabugogo habaye agashya aho imodoka ya Police yapfiriye mu muhanda ikanga kwaka neza nez abitewe n’uko yari imaze guhagarika umumasayi akamwabwura ibicuruzwa bye ndetse igashaka kujya ku mufunga.

Nkuko bigaraga ku mashusho ndetse byanatangajwe n’abari bari aho ngo Iyo modoka ya police yanze kugenda nyuma y’uko aba polisi bari bayirimo bafashe umumasayi bakamwambura inkweto ndetse n’imikandara yari afite bagashaka no kujya kumufunga.

Nyuma yo kubona ko nta bushobozi bwo kwatsa iyo modoka bafite, abapolisi bari bayirimo bakaba baragaruye uwo mu masayi maze bamusubiza ibicuruzwa nuko nawe akubita ku ipine ry’imodoka ihita ikira, gusa ngo akaba yarasize aburiye abo ba Polisi ko niba badatanze amahoro ko nabo ntayo bazabona.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Supersexy yatutse umukobwa kuri nyina abantu barumirwa

0

BAVAKURE! Dore amwe mu mafoto y’abastar nyarwanda yo mu myaka 10 ishize #10yearschallenge