in

Amakuru Meza Ku Bantu Bari Barazengerejwe Na Camera Zo Mu Muhanda

Abantu batandukanye hashize igihe bijujuta bitewe cyane cyane n’amafaranga bacibwa kubera gufotorwa na Camera zo mu muhanda zigenzura umuvuduko w’ibinyabiziga. Abantu bakaba bari barembejwe n’azimwe muri camera ziba zihishe kuburyo zitagaragara.

Polisi y’u Rwanda iravuga ko nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa mu byapa biri munsi ya kilometero 60 ku isaha mu Mujyi wa Kigali

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, yabitangaje kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kwereka itangazamakuru izindi Camera zigenzura umuvuduko zashyizwe mu masangano y’imihanda, ahasanzwe amatara agaragaza ibyerekezo ku muhanda wa Rwandex.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kubera inkwano z’umurengera yasabwe, umusore yakoreye umugeni we igikorwa kigayitse.

Rihanna yasamiye mu kirere umufana wamusabye kuzajya muri baby shower y’umwana we.