in ,

Amakuru agezweho: Amagambo Lionel Messi yatangaje ku mutoza we ntasanzwe

Messi and Enrique

Umukinnyi Lionel Messi usigaye afite ijambo ridasanzwe mu ikipe ya Fc Barcelona nyuma yo gutangaza abakinnyi atifuza gukinana nabo mu mwaka utaha mu ikipe ya Fc Barcelona nkuko twabibagejejeho mu nkuru yacu iherukahttp://www.yegob.rw/akumiro-lionel-messi-yatangaje-urutonde-rwabakinnyi-yifuza-ko-birukanwa-muri-fc-barcelona-2/ kuri ubu yagize nandi magambo avugira mu ibanga ayabwira  incuti ze ku byerekeye n’umutoza Luis Enrique utoza ikipe ya Fc Barcelona.

Image result for lionel messi conversating with luis enrique

Uyu musore nkuko ikinyamakuru Argentinisches Tageblatt cy’iwabo muri Argentina, uyu musore ngo yaba yarabwiye zimwe mu ncuti ze ko azi neza adashidikanya ko umutoza Luis Enrique agomba kuva muri iyi kipe nyuma y’iyi saison ndetse ko azakora n’ibishoboka byose mu buyobozi ngo bazahe akazi umutoza watoje ikipe ya Argentina mu mwaka ushize kuri ubu uri gutoza ikipe ya Sevilla Jorge Luis Sampaoli Moya, w’imyaka 56 y’amavuko.Image result for Sampaoli

Ibi akaba aribyo uyu musore w’imyaka 29 yiteguye kugiramo uruhare rukomeye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Apotre Masasu na Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa ntibagicana uwaka(Impamvu)

Ibibazo byafashe indi ntera hagati ya President Donald Trump na Barack Obama