yegob.rw
Amakipe abiri akomeye yatangiye kurwanira Kevin De Bryune - YEGOB
Mu cyumweru gishize Kevin De Bryune ytangaje ku mugaragaro ko yiteguye kuva mu ikipe ya Manchester City, igihe cyose UEFA izaba itayikuriyeho igihano yayihaye cyo kumara imyaka ibiri yose idakina Champions league. Uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko rero nyuma yo kuvuga ibi amakipe akomeye yo ku mugabane w’iburayi yifuza kumugura akaba yatangiye kwiyerekana. Kuri ubu […] More