in

Amajwi: “I Bruxelles abantu bakize” Umuyobozi ukomeye muri Kiyovu Sports yavuze ko gutsindwa na Gasogi United byakijije abantu benshi

Visi Perezida wa Kiyovu Sports yaciye amarenga ko mu ikipe ye harimo umwanda wa Match Fixing na Betting.

Ibi yabivuze nyuma y’uko ikipe ya Kiyovu Sports yandagajwe bikomeye na Gasogi United ikayitera ibitego bitatu kuri Kimwe.

Mu kiganiro uyu muyobozi yagiranye na Mucyo Antha wa Radiotv10 yavuze ko yababajwe bikomeye n’ukuntu batsinzwe na Gasogi United.

Akomeza avuga ko yemeranya n’abandi bafana bavuga ko mu ikipe ya Kiyovu Sports harimo umwanda wa Match Fixing na Betting.

Akomeza avuga ko ibi atazabyihanganira kuko bikabije cyane, ngo ni Kiyovu Sports na Gasogi United, kuki bihora gutya?

Umva amajwi

AUD-20221128-WA0003

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Haringingo Francis yatonganyije bikomeye abakinnyi babiri ba Rayon Sports abizeza ibihano bikakaye nyuma yo gutsindwa na Musanze FC

Niba uri umufana wa Yvan Buravan nawe Chiffa wakundanaga na Yvan yaguhaye ubutumwa