in

Amahirwe ya Onana yo gukinira Amavubi ageze ahashimishije,”Umunyamabanga wa FERWAFA”.

Leandre Willy Essomba Onana umunya Cameroon ukinira ikipe ya Rayon Sport amahirwe yo gukinira ikipe y’igihugu yu Rwanda “Amavubi”ageze ahashimishije.


Leandre Onana wageze mu Rwanda mu mwaka wa 2021 uyu musore ukina asatira mw’ikipe ya Rayon Sport buri mukunzi w’umupira w’amaguru ntashidikanya kubushobozi bwe mu kibuga.


Nyuma yuko Amavubi atangiye gahunfa yo kwakira abakinnyi bifuza gukinira Amavubi abantu batangiye gutekereza no kur’uyu mukinnyi.
Ubwo Umunyamabanga wa FERWAFA Bwana Muhire Henry Brualt yaganiraga na Radio Rwanda yahamijeko ibiganiro bigeze kure n’uyu mukinnyi kuba yazakinira amavubi.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu iciye impaka isinyishije myugariro ukomeye benshi batakekaga

Hamenyekanye igihe APR FC izatangirira gukina imikino y’ibirarane ifite