in ,

Amagambo y’ibitutsi yashwanishije Cristiano na Zidane yashyizwe ku karubanda

Uyu munsi mu gitondo nibwo Zidane yabwiye ESPN ko ntakibazo kirimo kuba Cristiano yaragaragaje ko atishimiye icyemezo cyo kumusimbura mu kibuga ubwo Real Madrid yanganyaga na  Las Palmas

Cristiano Ronaldo

Zidane ati” Ni umuhanga arabizi neza ko  ibyemezo by’ umutoza ari byiza ku ikipe muri rusange  kandi ikindi buri mukinnyi wese yarakara igihe asimbujwe agifite ishyaka ” Nyamara nubwo avuga gutya televiziyo yo muri Espagne yitwa Deportes Cuatro  yashyize hanze amagambo yose Cristiano yavuze abwira Zidane.

 

Cristiano wasimbujwe kugira ngo azabone uburyo yifashishwa mu mukino wa  Champions League uzahuza Real Madrid na Borussia Dortmund,yavuye mu kibuga bigaragara neza ko atabyishimiye ndetse agenda yerekera ku gatebe k’abasimbura yijujuta avuga amagambo akomeye.

Cuatro TV ivuga ko Cr7,rutahizamu w’imyaka 31 yagiye agira ati”kuki njye kandi ntako ntagize ngo dutsinde 2-1″ arongera ati”” f**k yourself!……….,Tu Puta Madre bikaba bishatse kuvuga “Nyina ni indaya” …,

La queja de Cristiano Ronaldo a Zidane: "Yo hago todo para hacer el 2-1 y a tomar por c..."

Mbere yuko Cr7 ava mu kibuga,igihe Zidane yarahagurutse agiye kumusimbuza hari amashusho agaragaza Isco na James Rodriguez bahwihwisa bivugwa ko bagiraga bati” ntabwo Cr7 aza kwishimira uku gusimbuzwa”

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Derek (Active) yiyegereje uyu umukobwa nyuma yo gutandukana na Miss Teta Sandra (Amafoto )

Iyumvire imitoma iryoheye umutima Platini (Dream Boyz) yabwiwe n’umukunzi we