in ,

Amagambo umuhanzi Riderman yabwiye umukunzi we ku isabukuru y’ubukwe bwabo yakoze ku mitima ya benshi

Hari ku italiki 16 Kanama mu mwaka wa 2015 ubwo umuhanzi wamenyekanye mu njyana yo kurapa yasezeranaga na Miss Agasaro Nadia. Kuri uwo munsi nibwo Riderman yasezeranaga imbere y’ Imana na Nadia wamenyekanye ubwo yabaga Nyampinga wa Kaminuza ya Mount Kenya icyo gihe bose basezeranye ndetse banemeranya kuzabana akaramata.

Mu kiganiro Riderman yagiranye na yegoB ubwo twamubazaga icyiza cyo gushaka umugore bitandukanye n’ubuzima bwa gisore yadutangarije ko gushaka umugore ari ibintu byiza cyane. Yagize ati:”Gushaka ni ibintu byiza cyane, kugira umugore ni umugisha. Ubuzima burimo umukunzi buraryoha pe.” Ijambo Gatsinzi Emery yabwiye umugore we kuri uyu munsi yagize ati:”Icyo namubwira ni uko mukunda cyane kandi mushimira kukuba yarangize umugabo unezerewe.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ishyushye: Inzozi z’ikipe ya Arsenal zikaba ziri mu nzira yo kuba impamo(Iyumvire)

Dore ibyamamare byagiye bihinduka BITUNGURANYE kurusha abandi