inyigisho
AMAFOTO:Ntawarusha Perezida Museveni kumasha

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, kuri uyu wa Mbere yakomeje igikorwa cyo kwerekana ubuhanga bwe mu gukoresha imbunda, aho yabwerekaga abayobozi b’igihugu bari mu mwiherero ahitwa Kyankwanzi.
Kuri uyu wa Mbere nyuma ya saa sita, Museveni akaba yagiye aho bigira kurasa yereka abaminisitiri n’abanyamabanga bahoraho bitabiriye umwiherero ubuhanga bwe mu kurasa.
Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kivuga ko bimaze kuba nk’akamenyero kuri perezida Museveni, ko kugerageza kwereka abandi bayobozi ubuhanga bwe ku mbunda ngo buri uko bahuriye muri Kyankwanzi National Leadership Institute, ahantu habera umwiherero w’abayobozi.
Muri Werurwe uyu mwaka, perezida Museveni yajyanye abayobozi bo mu ishyaka rye, NRM ajya kubigisha kurasa, aho bamwe muri bo yabigishije uburyo bwo kurasa ntuhushe igipimo.
Nyuma yaho akaba yaranahaye uburenganzira bamwe muri bo kwigeragereza imbunda ubwabo.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro20 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Ubuzima10 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda23 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda22 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
Mu Rwanda2 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.