Imyidagaduro
Amafoto y’umuhango wo gusaba no gukwa Isheja Sandrine

Umunyamakuru Isheja Sandrine yasezeranye n’umukunzi we Kagame Peter mu muhango wabereye ku biro by’Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo kuwa 15 Nyakanga 2016.
Isheja Sandrine ukorera Radio Kiss FM yasezeranye imbere y’amategeko na Peter Kagame bamaze igihe bakundana, umuhango wakurikiwe n’ibindi birori bikomeye byo gusaba no gukwa.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2016, Isheja na Kagame barasezerana imbere y’Imana bahamya isezerano ryabo ko bazabana akaramata.
Ibirori byabanjirijwe no gusezerana mu mategeko…































-
Hanze12 hours ago
Umuhanzi Diamond Platnumz yamaze gukora impinduka mu mazina ye yitwaga.
-
imikino21 hours ago
Amadolari Sadate yemereye abakinnyi b’Amavubi ararokotse| Dore ibyo Sadate ahise atangaza
-
Imyidagaduro10 hours ago
Shaddyboo yahawe inkwenene azira kwigamba ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana
-
Imyidagaduro7 hours ago
Umwe mu banyamakuru ba RBA bakunzwe yahishuye impamvu abantu babyibushye batisanzura ku bantu bose
-
inyigisho23 hours ago
Amakosa ashobora gutuma umukobwa asezera ku rukundo igitaraganya
-
inyigisho13 hours ago
Niba urateganya gukora ubukwe zirikana ibi bintu by’ingenzi utazavaho wicuza nyuma.
-
inyigisho9 hours ago
Uretse kuba abagabo bagiye gusubira ku gikoma, dore ibindi bintu by’ingirakamaro byo gukora muri guma mu rugo
-
Hanze5 hours ago
Umukobwa w’Umutaliyani wakundanaga na Eric Omindi yashyize hanze amabanga yabo yose yo mu buriri.