Imyidagaduro
Amafoto y’umuhango wo gusaba no gukwa Isheja Sandrine

Umunyamakuru Isheja Sandrine yasezeranye n’umukunzi we Kagame Peter mu muhango wabereye ku biro by’Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo kuwa 15 Nyakanga 2016.
Isheja Sandrine ukorera Radio Kiss FM yasezeranye imbere y’amategeko na Peter Kagame bamaze igihe bakundana, umuhango wakurikiwe n’ibindi birori bikomeye byo gusaba no gukwa.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2016, Isheja na Kagame barasezerana imbere y’Imana bahamya isezerano ryabo ko bazabana akaramata.
Ibirori byabanjirijwe no gusezerana mu mategeko…































Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
urukundo10 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Izindi nkuru18 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi1 day ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe