in ,

AMAFOTO: Reba umukobwa wabujije abasore amahwemo kubera imiterere ye idasanzwe

Abenshi bavuga ko asa na Gabriel Union nyamara Ravie Roso asa ukwe.Ravie yigaruriye imitima y’abagabo benshi   kubera uburyo ateye mu buryo budasanzwe,ubu ari mu bakobwa bakurikiwe cyane ku isi nyamara  ntakindi kintu akora usibye kumurika imideli .asnakllama-horz

 

Ravie akomoka  muri Jamaica ariko izina rye ryageze ku migabane yose y’isi kuko ateye ukwe kandi kwihariye,ntabwo bizwi niba nawe imiterere nk’iyi ayikesha ibyuma bya muganga (Kwibagisha) gusa ikizwi ijana ku ijana n’uko buri Foto ye igeze hanze ,ituma abantu bacika ururondogoro aho bava bakagera .

Reba amafoto ya Ravie Roso ,YEGOB.RW yabashije kukubonera.

 

aakklakma

ajakkam
ahakajman
asnakllama
aakllalam
ajaioa
ajaklla
amala
gjnmm
amamna

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Icyemezo umuherwe wa Chelsea afatiye umutoza we mushya Antonio Conte cyahangayikishije benshi

Menya Gusomana n’ubusobanuro bwabyo