in

Amafoto: Byari ibitangaza mu gitaramo Igisope na gakondo, Cyusa Ibrahim yanyuze benshi dore ko na Ndimbati atahatanzwe

Abantu bakunda umuziki gakondo bataramye kugeza mu wundi munsi, mu gitaramo cy’akataraboneka cyiswe ‘Igisope na gakondo’ cyahuriyemo abahanzi Makanyaga Abdul, Orchestre Impala de Kigali, Cyusa Ibrahim, Orchestre Les Fellows na Dauphin Band.

Iki igitaramo kinogeye ijisho cyabereye muri Romantic Garden ku Gisozi, mu ijoro ryo ku wa 26 rishyira ku wa 27 Ugushyingo 2022.

Muri iki gitaramo abari bakitabiriye banyuzwe cyane n’umuhanzi gakondo Cyusa Ibrahim wari umaze iminsi ashenguwe no gutandukana n’umukunzi we yari yarihebeye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Basi Sori ikomeje kujya mu mitwe y’abantu benshi, ubu noneho yarenze mu Rwanda kuko yatangiye gutitiza Afurika yose

Kuva umwana we yapfa Davido uyongeye kugaragara mu ruhame(Amafoto)