in

AMAFOTO: Beyoncé n’umwana we w’umukobwa bajyanye ku rubyiniro bakora amateka, bahasaruye amafaranga atabarika 

AMAFOTO: Beyoncé n’umwana we w’umukobwa bajyanye ku rubyiniro bakora amateka, bahasaruye amafaranga atabarika.

Nyuma y’imyaka ijya kugera kuri ine Beyoncé atagaragara ku rubyiniro yakoze agashya ahasesekarana n’umukobwa we w’imyaka 11 Blue Ivy Carter i Dubai.

Umuhanzikazi Beyoncé yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Dubai aho yahawe miliyoni 24$ akahataramira iminota 75,

Iki gitaramo cyari icyo gufungura ku mugaragaro Hotel yitwa Atlantis The Royal cyatumiwemo abantu batandukanye barimo umugabo we Jay-Z n’abana babo batatu, ababyeyi be Tina Knowles-Lawson na Mathew Knowles.

Uyu muhanzikazi yakoranye n’Itsinda Orchestra Firdaus rigizwe n’abagore 48 bava mu bihugu 23 bitandukanye bakaba baregukanye Irushanwa America’s Got Talent umwaka ushize.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gakenke: Habereye impanuka ihitana ubuzima bw’umuntu abandi benshi barakomereka – AMAFOTO

Amafoto y’indobanure gusa: Dore bamwe mu bakobwa b’abanyarwandakazi b’ibitonore batera benshi irari kubera imiterere yabo ishotora abagabo