in

Amafoto agaragaza uburanga buhebuje bw’umukunzi wa Meddy yambaye Bikini

Umuhanzi Meddy, ni umwe mu basore bakunzwe n’abakobwa batari bake hano mu Rwanda, byumvikana ko agomba kuba afite umukunzi nawe ufite uburanga buhagije ku girango abantu batazajya birirwa bamuvugiraho.

Nkuko mu bizi rero Meddy amaze imyaka irenga ibiri ari mu rukundo n’umukobwa witwa Mimi Ali, ukomoka muri gihugu cya Ethiopia, menyaniye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ari naho babana.

Uyu munsi tukaba twabarebeye amafoto y’umukobwa yambaye Bikini ngo mwirebere ukuntu afite uburanga buhebuje.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya impamvu urukundo rw’abakundana bakiri bato rutaramba

Menya akamaro Filime z’ubusambanyi zifite ku bashakanye