in ,

Amafaranga agomba gutangwa kugirango Philippe Coutinho ajye muri Fc Barcelona yamenyekanye

Nyuma y’igihe kirekire ikipe ya Fc Barcelona irambagiza umukinnyi Philippe Coutinho kuyizamo ndetse na nyirubwite akaba adashidikanya kuba yakwerekeza i Catalunya dore ko na Neymar wari kumubuza gukina yigendeye. Ikipe ya Liverpool yakomeje kwangira kurekura uyu mukinnyi warufite agaciro ko gusohoka muri Liverpool kangana na Miliyoni 80 z’amapound ariko ikipe ya FC Barcelona ikaba yaranayengeje, kurubu ubuyobozi bwa Liverpool bwavuye ku izima butangaza amafaranga wbifuza kuri uyu musore.Coutinho va coûter cher au Barça !

Amakuru dukesha ikinyamakuru Daily record aravugako ubuyobozi bwa Liverpool bwemeye ko buzarekura Coutinho akajya muri Fc Barcelona igihe iyi kipe izemera kurekure Miliyoni 150 z’amayero. Gusa umutoza Jurgen Klopp utishimiye ko uyu musore arekurwa akaba yirinze kugira icyo atangaza nyuma y’iri tangazo ry’ubuyobozi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma ya Amber Rose, Nicki Minaj nawe yashyize hanze amafoto yongeye guhungabanya urubuga rwa Instagram (yarebe hano)

Demi Rose yavuze ko kwambara ubusa mu ruhame ntacyo bimutwaye nyuma yo gushyira hanze amafoto ye yavuzweho cyane (yarebe hano)