in

Amabanga akomeye cyane umugore atapfa kukubwira nubwo mwaba mukundana bingana iki.

Ni kenshi bivugwa ko abagabo cyangwa se ab’igitsina gabo aribo bantu badakunze kuvuga ibiberekeyeho, gusa burya n’abagore bagira ibanga rikomeye kuri bimwe mu bibaranga ndetse n’ibyiyumviro byabo cyane cyane bagakunda kubigira ibanga batamenera uwo ari we wese.

1. Iyo umugore asambanye agatwara inda itari iy’umugabo we abibika muri we akazinda apfa atabivuze. Gusa ibi kutabivuga n’ ubusanzwe biruta kubivuga.

2. Abagore bareba filime z’urukozasoni ariko ntabwo bashobora kubyemera ko babikora.

3. Bakunda ko umusore cyangwa umugabo akokora mu misatsi yabo.

4. Ntabwo abagore bakunda kumva umusore cyangwa umugabo uvuga ko abagore ari abakuzi b’ibyinyo.

5. Bashimishwa n’umusore cyangwa umugabo ufata iminota mike ari mu kazi na mbere yo kuryama akabaha ubutumwa bwaba ubw’ ijwi cyangwa ubwanditse.

6. Umugore akurikiranira hafi, uko umugabo we yitwara ku bandi bagore, ibiganiro agirana nabo akabibika muri we.

7. Abenshi mu bagore ntabwo bajya bavuga ko batanyuzwe mu mibonano mpuzabitsina.

8. Bakunda guhoberwa no guhabwa indabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hahishuwe umubumbe ukomeye ugiye kuzaturika mu minsi iri imbere.

Ibi ni ibintu 10 umukobwa uri mu rukundo rwa nyarwo akora