in ,

Alexis Sanchez yatangaje kumugaragaro impamvu nyakuri ashaka kuva mu ikipe ya Arsenal byihutirwa

Mu gihe asigaje umwaka umwe gusa ngo amasezerano ye n’ikipe ya Arsenal arangire, Alexis Sanchez yahishuye impamvu nyamukuru ituma shaka kuva muri iyi kipe byihutirwa.

Mu kiganiro yagiranye na RadioSport Chile, Sanchez akaba yagize ati :”Njye ndashaka gukina muri Champions League. (iri rushanwa Arsenal ntizarigaragramo umwaka utaha). Njye namaze gufata icyemezo cyanjye, ntegereje igisubizo cya Arsenal. Icyo nifuza ni gukina Champions League. ni inzozi zanjye kuva nkiri umwana muto cyane.  ”

Sanchez ubusanzwe byavugwaga ko ashaka kuva muri Arsenal kubera kutumvikana ku mushahara ariko we nkuko yabivugiye icyo yifuza nu gukina muri champions league kuva Arsenal itayirimo rero akaba ashaka kwigendera.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto umuhanzi The Ben yashyize hanze ari kumwe n’umukobwa w’ikizungerezi yatumye abantu bakeka byinshi (yarebe hano)

Mu mafoto reba uko byari byifashe mu birori bikomeye cyane byakorewe Anita Pendo